Header Include

ルワンダ語対訳

クルアーン・ルワンダ語対訳 - The Rwanda Muslims Association team

QR Code https://quran.islamcontent.com/ja/kinyarwanda_assoc

ٱلرَّحۡمَٰنُ

Nyirimpuhwe (Allah),

Nyirimpuhwe (Allah),

عَلَّمَ ٱلۡقُرۡءَانَ

Yigishije (umuntu) Qur’an,

Yigishije (umuntu) Qur’an,

خَلَقَ ٱلۡإِنسَٰنَ

Yaremye umuntu,

Yaremye umuntu,

عَلَّمَهُ ٱلۡبَيَانَ

Amwigisha gusobanura (mu buryo bwumvikana).

Amwigisha gusobanura (mu buryo bwumvikana).

ٱلشَّمۡسُ وَٱلۡقَمَرُ بِحُسۡبَانٖ

Izuba n’ukwezi bigendera ku mubare (no kuri gahunda ya Allah).

Izuba n’ukwezi bigendera ku mubare (no kuri gahunda ya Allah).

وَٱلنَّجۡمُ وَٱلشَّجَرُ يَسۡجُدَانِ

N’ibyatsi birandaranda ndetse n’ibiti, byose birubama (bikicisha bugufi imbere ya Allah).

N’ibyatsi birandaranda ndetse n’ibiti, byose birubama (bikicisha bugufi imbere ya Allah).

وَٱلسَّمَآءَ رَفَعَهَا وَوَضَعَ ٱلۡمِيزَانَ

N’ikirere yagihanitse hejuru cyane (y’isi) ndetse ashyiraho n’ibipimo (bya buri kintu)

N’ikirere yagihanitse hejuru cyane (y’isi) ndetse ashyiraho n’ibipimo (bya buri kintu)

أَلَّا تَطۡغَوۡاْ فِي ٱلۡمِيزَانِ

Kugira ngo mutarengera mu bipimo (byagenwe).

Kugira ngo mutarengera mu bipimo (byagenwe).

وَأَقِيمُواْ ٱلۡوَزۡنَ بِٱلۡقِسۡطِ وَلَا تُخۡسِرُواْ ٱلۡمِيزَانَ

Bityo, mujye mutanga ibipimo byuzuye kandi ntimukibishe iminzani.

Bityo, mujye mutanga ibipimo byuzuye kandi ntimukibishe iminzani.

وَٱلۡأَرۡضَ وَضَعَهَا لِلۡأَنَامِ

N’isi (Allah) yayishyiriyeho ibiremwa.

N’isi (Allah) yayishyiriyeho ibiremwa.

فِيهَا فَٰكِهَةٞ وَٱلنَّخۡلُ ذَاتُ ٱلۡأَكۡمَامِ

Irimo imbuto n’imitende ifite imbuto zitwikiriwe n’ibishishwa,

Irimo imbuto n’imitende ifite imbuto zitwikiriwe n’ibishishwa,

وَٱلۡحَبُّ ذُو ٱلۡعَصۡفِ وَٱلرَّيۡحَانُ

Ndetse n’impeke ziri mu bishishwa (byazo); iz’inyamisogwe n’izihumura.

Ndetse n’impeke ziri mu bishishwa (byazo); iz’inyamisogwe n’izihumura.

فَبِأَيِّ ءَالَآءِ رَبِّكُمَا تُكَذِّبَانِ

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

خَلَقَ ٱلۡإِنسَٰنَ مِن صَلۡصَٰلٖ كَٱلۡفَخَّارِ

(Allah) yaremye umuntu (Adamu) mu itaka ryumye ukomangaho rikirangira nk’ibikoresho bibumbye mu ibumba,

(Allah) yaremye umuntu (Adamu) mu itaka ryumye ukomangaho rikirangira nk’ibikoresho bibumbye mu ibumba,

وَخَلَقَ ٱلۡجَآنَّ مِن مَّارِجٖ مِّن نَّارٖ

Anarema amajini mu birimi by’umuriro.

Anarema amajini mu birimi by’umuriro.

فَبِأَيِّ ءَالَآءِ رَبِّكُمَا تُكَذِّبَانِ

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

رَبُّ ٱلۡمَشۡرِقَيۡنِ وَرَبُّ ٱلۡمَغۡرِبَيۡنِ

(Ni We) Nyagasani w’Uburasirazuba bubiri akaba na Nyagasani w’Uburengerazuba bubiri[219].

[219] Uburasirazuba bubiri buvugwa muri uyu murongo wa Qur’an, ni ahantu izuba rirasira mu itumba n’aho rirasira mu Mpeshyi. Naho Uburengerazuba bubiri ni ahantu izuba rirengera mu itumba ndetse n’aho rirengera mu Mpeshyi.
(Ni We) Nyagasani w’Uburasirazuba bubiri akaba na Nyagasani w’Uburengerazuba bubiri[219].

فَبِأَيِّ ءَالَآءِ رَبِّكُمَا تُكَذِّبَانِ

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

مَرَجَ ٱلۡبَحۡرَيۡنِ يَلۡتَقِيَانِ

Yaretse inyanja ebyiri (ifite amazi y’urubogobogo n’indi y’urwunyunyu) zirahura;

Yaretse inyanja ebyiri (ifite amazi y’urubogobogo n’indi y’urwunyunyu) zirahura;

بَيۡنَهُمَا بَرۡزَخٞ لَّا يَبۡغِيَانِ

Hagati yazo hari urubibi zitarenga (ruzitandukanya kugira ngo zitivanga).

Hagati yazo hari urubibi zitarenga (ruzitandukanya kugira ngo zitivanga).

فَبِأَيِّ ءَالَآءِ رَبِّكُمَا تُكَذِّبَانِ

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

يَخۡرُجُ مِنۡهُمَا ٱللُّؤۡلُؤُ وَٱلۡمَرۡجَانُ

Muri zo havamo amasaro arabagirana (Lu-ulu-u) na Marijani[220].

[220] Mar’jaani: Ni bumwe mu bwoko bw’amabuye y’agaciro aboneka mu mazi.
Muri zo havamo amasaro arabagirana (Lu-ulu-u) na Marijani[220].

فَبِأَيِّ ءَالَآءِ رَبِّكُمَا تُكَذِّبَانِ

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

وَلَهُ ٱلۡجَوَارِ ٱلۡمُنشَـَٔاتُ فِي ٱلۡبَحۡرِ كَٱلۡأَعۡلَٰمِ

Kandi (Allah ni We) ufite ububasha ku mato manini agendera mu nyanja, ameze nk’imisozi.

Kandi (Allah ni We) ufite ububasha ku mato manini agendera mu nyanja, ameze nk’imisozi.

فَبِأَيِّ ءَالَآءِ رَبِّكُمَا تُكَذِّبَانِ

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

كُلُّ مَنۡ عَلَيۡهَا فَانٖ

Buri ikiyiriho (isi) cyose kizapfa,

Buri ikiyiriho (isi) cyose kizapfa,

وَيَبۡقَىٰ وَجۡهُ رَبِّكَ ذُو ٱلۡجَلَٰلِ وَٱلۡإِكۡرَامِ

Maze hasigare gusa uburanga butagatifu bwa Nyagasani wawe, Nyirikuzo n’icyubahiro.

Maze hasigare gusa uburanga butagatifu bwa Nyagasani wawe, Nyirikuzo n’icyubahiro.

فَبِأَيِّ ءَالَآءِ رَبِّكُمَا تُكَذِّبَانِ

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

يَسۡـَٔلُهُۥ مَن فِي ٱلسَّمَٰوَٰتِ وَٱلۡأَرۡضِۚ كُلَّ يَوۡمٍ هُوَ فِي شَأۡنٖ

Buri cyaremwe cyose kiri mu birere no ku isi kiramusaba (ibyo cyifuza). Naho We buri munsi aba agena gahunda (z’ibiremwa).

Buri cyaremwe cyose kiri mu birere no ku isi kiramusaba (ibyo cyifuza). Naho We buri munsi aba agena gahunda (z’ibiremwa).

فَبِأَيِّ ءَالَآءِ رَبِّكُمَا تُكَذِّبَانِ

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

سَنَفۡرُغُ لَكُمۡ أَيُّهَ ٱلثَّقَلَانِ

Yemwe matsinda abiri (y’abantu n’amajini), tuzabacira imanza (ku munsi w’imperuka).

Yemwe matsinda abiri (y’abantu n’amajini), tuzabacira imanza (ku munsi w’imperuka).

فَبِأَيِّ ءَالَآءِ رَبِّكُمَا تُكَذِّبَانِ

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

يَٰمَعۡشَرَ ٱلۡجِنِّ وَٱلۡإِنسِ إِنِ ٱسۡتَطَعۡتُمۡ أَن تَنفُذُواْ مِنۡ أَقۡطَارِ ٱلسَّمَٰوَٰتِ وَٱلۡأَرۡضِ فَٱنفُذُواْۚ لَا تَنفُذُونَ إِلَّا بِسُلۡطَٰنٖ

Yemwe majini namwe bantu! Niba mufite ubushobozi bwo kugenda mukarenga imbago z’ibirere n’isi (muhunga ibihano bya Allah), muzagende. Ariko ntimushobora kuzirenga keretse ku bw’ububasha (bwa Allah).

Yemwe majini namwe bantu! Niba mufite ubushobozi bwo kugenda mukarenga imbago z’ibirere n’isi (muhunga ibihano bya Allah), muzagende. Ariko ntimushobora kuzirenga keretse ku bw’ububasha (bwa Allah).

فَبِأَيِّ ءَالَآءِ رَبِّكُمَا تُكَذِّبَانِ

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

يُرۡسَلُ عَلَيۡكُمَا شُوَاظٞ مِّن نَّارٖ وَنُحَاسٞ فَلَا تَنتَصِرَانِ

Muzohererezwa ikibatsi cy’umuriro n’umuringa (washongeshejwe), kandi ntimuzitabara.

Muzohererezwa ikibatsi cy’umuriro n’umuringa (washongeshejwe), kandi ntimuzitabara.

فَبِأَيِّ ءَالَآءِ رَبِّكُمَا تُكَذِّبَانِ

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

فَإِذَا ٱنشَقَّتِ ٱلسَّمَآءُ فَكَانَتۡ وَرۡدَةٗ كَٱلدِّهَانِ

(Mwibuke) ubwo ikirere kizasatagurika, maze kigahinduka nk’ururabo rutukura rumeze nk’amavuta yabize.

(Mwibuke) ubwo ikirere kizasatagurika, maze kigahinduka nk’ururabo rutukura rumeze nk’amavuta yabize.

فَبِأَيِّ ءَالَآءِ رَبِّكُمَا تُكَذِّبَانِ

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

فَيَوۡمَئِذٖ لَّا يُسۡـَٔلُ عَن ذَنۢبِهِۦٓ إِنسٞ وَلَا جَآنّٞ

Kuri uwo munsi, nta muntu cyangwa ijini uzagira icyo abazwa ku bijyanye n’ibyaha bye (kuko bizaba bizwi neza)

Kuri uwo munsi, nta muntu cyangwa ijini uzagira icyo abazwa ku bijyanye n’ibyaha bye (kuko bizaba bizwi neza)

فَبِأَيِّ ءَالَآءِ رَبِّكُمَا تُكَذِّبَانِ

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

يُعۡرَفُ ٱلۡمُجۡرِمُونَ بِسِيمَٰهُمۡ فَيُؤۡخَذُ بِٱلنَّوَٰصِي وَٱلۡأَقۡدَامِ

Inkozi z’ibibi zizamenyerwa ku bimenyetso byazo, kandi zizaterurwa zifatiwe mu bihorihori n’ibirenge byazo.

Inkozi z’ibibi zizamenyerwa ku bimenyetso byazo, kandi zizaterurwa zifatiwe mu bihorihori n’ibirenge byazo.

فَبِأَيِّ ءَالَآءِ رَبِّكُمَا تُكَذِّبَانِ

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

هَٰذِهِۦ جَهَنَّمُ ٱلَّتِي يُكَذِّبُ بِهَا ٱلۡمُجۡرِمُونَ

Uyu ni umuriro wa Jahanamu inkozi z’ibibi zajyaga zihinyura!

Uyu ni umuriro wa Jahanamu inkozi z’ibibi zajyaga zihinyura!

يَطُوفُونَ بَيۡنَهَا وَبَيۡنَ حَمِيمٍ ءَانٖ

Bazaba bagenda bagaruka hagati yawo n’amazi yatuye, ashyushye cyane.

Bazaba bagenda bagaruka hagati yawo n’amazi yatuye, ashyushye cyane.

فَبِأَيِّ ءَالَآءِ رَبِّكُمَا تُكَذِّبَانِ

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

وَلِمَنۡ خَافَ مَقَامَ رَبِّهِۦ جَنَّتَانِ

Ariko wa wundi utinya kuzahagarara imbere ya Nyagasani we, azaba afite ubusitani bubiri (mu Ijuru).

Ariko wa wundi utinya kuzahagarara imbere ya Nyagasani we, azaba afite ubusitani bubiri (mu Ijuru).

فَبِأَيِّ ءَالَآءِ رَبِّكُمَا تُكَذِّبَانِ

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

ذَوَاتَآ أَفۡنَانٖ

(Ubwo busitani buzaba burimo ibiti) bifite amashami acucitse kandi atoshye.

(Ubwo busitani buzaba burimo ibiti) bifite amashami acucitse kandi atoshye.

فَبِأَيِّ ءَالَآءِ رَبِّكُمَا تُكَذِّبَانِ

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

فِيهِمَا عَيۡنَانِ تَجۡرِيَانِ

Muri ubwo (busitani) bwombi, hazaba harimo amasoko abiri atemba.

Muri ubwo (busitani) bwombi, hazaba harimo amasoko abiri atemba.

فَبِأَيِّ ءَالَآءِ رَبِّكُمَا تُكَذِّبَانِ

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

فِيهِمَا مِن كُلِّ فَٰكِهَةٖ زَوۡجَانِ

Muri ubwo (busitani) bwombi, hazaba harimo ubwoko bubiri bwa buri rubuto.

Muri ubwo (busitani) bwombi, hazaba harimo ubwoko bubiri bwa buri rubuto.

فَبِأَيِّ ءَالَآءِ رَبِّكُمَا تُكَذِّبَانِ

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

مُتَّكِـِٔينَ عَلَىٰ فُرُشِۭ بَطَآئِنُهَا مِنۡ إِسۡتَبۡرَقٖۚ وَجَنَى ٱلۡجَنَّتَيۡنِ دَانٖ

Bazaba begamye ku bitanda bishasheho ihariri iremereye, kandi imbuto zo muri ubwo busitani zizaba zibari hafi.

Bazaba begamye ku bitanda bishasheho ihariri iremereye, kandi imbuto zo muri ubwo busitani zizaba zibari hafi.

فَبِأَيِّ ءَالَآءِ رَبِّكُمَا تُكَذِّبَانِ

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

فِيهِنَّ قَٰصِرَٰتُ ٱلطَّرۡفِ لَمۡ يَطۡمِثۡهُنَّ إِنسٞ قَبۡلَهُمۡ وَلَا جَآنّٞ

(Ubwo busitani bwombi) buzaba burimo abagore bubika amaso yabo (kubera ikinyabupfura), batigeze bagira umuntu cyangwa ijini babakoraho kuva na mbere (bakiri amasugi).

(Ubwo busitani bwombi) buzaba burimo abagore bubika amaso yabo (kubera ikinyabupfura), batigeze bagira umuntu cyangwa ijini babakoraho kuva na mbere (bakiri amasugi).

فَبِأَيِّ ءَالَآءِ رَبِّكُمَا تُكَذِّبَانِ

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

كَأَنَّهُنَّ ٱلۡيَاقُوتُ وَٱلۡمَرۡجَانُ

(Bazaba bafite ubwiza) nk’ubw’amabuye y’agaciro ya Yaquut[221] na Marjani.

[221] Yaaquut: Ni bumwe mu bwoko bw’amabuye y’agaciro rifite ibara ritukura ryererutse.
(Bazaba bafite ubwiza) nk’ubw’amabuye y’agaciro ya Yaquut[221] na Marjani.

فَبِأَيِّ ءَالَآءِ رَبِّكُمَا تُكَذِّبَانِ

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

هَلۡ جَزَآءُ ٱلۡإِحۡسَٰنِ إِلَّا ٱلۡإِحۡسَٰنُ

Ese hari igihembo cy’ibyiza kitari ibyiza?

Ese hari igihembo cy’ibyiza kitari ibyiza?

فَبِأَيِّ ءَالَآءِ رَبِّكُمَا تُكَذِّبَانِ

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

وَمِن دُونِهِمَا جَنَّتَانِ

Kandi uretse n’ubwo (busitani) bubiri, hari ubundi busitani bubiri.

Kandi uretse n’ubwo (busitani) bubiri, hari ubundi busitani bubiri.

فَبِأَيِّ ءَالَآءِ رَبِّكُمَا تُكَذِّبَانِ

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

مُدۡهَآمَّتَانِ

(Bufite) ibara ry’icyatsi cyijimye.

(Bufite) ibara ry’icyatsi cyijimye.

فَبِأَيِّ ءَالَآءِ رَبِّكُمَا تُكَذِّبَانِ

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

فِيهِمَا عَيۡنَانِ نَضَّاخَتَانِ

Muri ubwo (busitani) bwombi, (naho) hazaba harimo amasoko abiri avubura amazi.

Muri ubwo (busitani) bwombi, (naho) hazaba harimo amasoko abiri avubura amazi.

فَبِأَيِّ ءَالَآءِ رَبِّكُمَا تُكَذِّبَانِ

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

فِيهِمَا فَٰكِهَةٞ وَنَخۡلٞ وَرُمَّانٞ

Muri ubwo (busitani) bwombi, hazaba harimo imbuto, imitende n’imikomamanga.

Muri ubwo (busitani) bwombi, hazaba harimo imbuto, imitende n’imikomamanga.

فَبِأَيِّ ءَالَآءِ رَبِّكُمَا تُكَذِّبَانِ

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

فِيهِنَّ خَيۡرَٰتٌ حِسَانٞ

Hazaba harimo abagore beza b’imico myiza.

Hazaba harimo abagore beza b’imico myiza.

فَبِأَيِّ ءَالَآءِ رَبِّكُمَا تُكَذِّبَانِ

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

حُورٞ مَّقۡصُورَٰتٞ فِي ٱلۡخِيَامِ

Hazaba harimo abagore biyubashye bahora mu mahema.

Hazaba harimo abagore biyubashye bahora mu mahema.

فَبِأَيِّ ءَالَآءِ رَبِّكُمَا تُكَذِّبَانِ

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

لَمۡ يَطۡمِثۡهُنَّ إِنسٞ قَبۡلَهُمۡ وَلَا جَآنّٞ

Mbere y’abo (bagabo bazaba bahawe), nta muntu cyangwa ijini wigeze ubakoraho,

Mbere y’abo (bagabo bazaba bahawe), nta muntu cyangwa ijini wigeze ubakoraho,

فَبِأَيِّ ءَالَآءِ رَبِّكُمَا تُكَذِّبَانِ

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

مُتَّكِـِٔينَ عَلَىٰ رَفۡرَفٍ خُضۡرٖ وَعَبۡقَرِيٍّ حِسَانٖ

(Abagabo babo) bazajya begama ku misego y’icyatsi, n’amagodora meza anepa atatse neza.

(Abagabo babo) bazajya begama ku misego y’icyatsi, n’amagodora meza anepa atatse neza.

فَبِأَيِّ ءَالَآءِ رَبِّكُمَا تُكَذِّبَانِ

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

None se (yemwe bantu namwe majini) ni iyihe mu ngabire za Nyagasani wanyu mwembi muhakana?

تَبَٰرَكَ ٱسۡمُ رَبِّكَ ذِي ٱلۡجَلَٰلِ وَٱلۡإِكۡرَامِ

Izina rya Nyagasani wawe, Nyirubuhambare n’icyubahiro, ryuje ubutungane n’imigisha.

Izina rya Nyagasani wawe, Nyirubuhambare n’icyubahiro, ryuje ubutungane n’imigisha.
Footer Include